Blog

  • Menya amateka ya Huro: ahaturukaga imbuto zo kwizihiza Umuganura

    Menya amateka ya Huro: ahaturukaga imbuto zo kwizihiza Umuganura

    Umusozi wa Huro uherereye mu Mudugudu wa Rubona, Akagari ka Huro, Umurenge wa Muhondo, Akarere ka Gakenke, Intara y’Amajyaruguru. Kera kahoze ari u Bumbogo. Hakaba ari hamwe mu hantu ndangamateka habungabunzwe.

    Huro hari umurwa w’abanyamihango b’Umuganura bitwaga Abiru bo kwa Myaka,bakaba ari nabo bategekaga uyu musozi.

    Hahurizwaga imyaka ikoherezwa ibwami gukoreshwa mu muhango w’Umuganura. Iyo ni yo mvano y’imvugo yogeye mu Rwanda igira iti: “Ihuriro ni i Huro”.

    Kimwe mu bimenyetso by’amateka i Huro ni Ivubiro ryahashyizwe n’umuvubyi witwaga Minyaruko ya Nyamikenke
    wari umwami w’u Busigi mu kinyejana cya 16,abisabwe n’Umwami  Ruganzu II Ndori.

    Ivubiro ryifashishwaga n’Abiru bapima imvura.

    Iri vubiro ryifashishwaga n’Abiru b’abahinzi bo kwa Myaka bakarikoresha bapima imvura, bashaka kumenya niba izagwira igihe cyangwa izatinda.

    Iyo bamenyaga ko izatinda bihutiraga kuyivubisha kugira ngo badatinda kubiba imbuto zizera imyaka yo gukoresha mu muhango w’Umuganura.

    Kuri uyu wa 31 Nyakanga 2025,ubwo abakozi b’Inteko y’Umuco,Itangazamakuru n’abandi bayobozi batandukanye basuraga i Huro nk’ahantu ndangamurage by’umwihariko ahaturukaga imbuto zo kwizihiza Umuganura,Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke Madamu MUKANDAYISENGA Vestine ,yavuze ko mu rwego rwo gusigasira amateka aka karere mu minsi ya vuba kagiye guha ingurane y’ubutaka umuturage ufite isambu irimo aya mateka kugirango babashe kuyabungabunga ari mu maboko yako.

    Ati “Turi muri gahunda y’uko tuzabarira umuturage uhafite ubutaka kuburyo hanyuka nk’akarere tukamuha ingurane ikwiye hanyuma tukazahashyira uruzitiro kandi turi kuvugana n’abafatanyabikorwa ku buryo dushobora kuhubaka nk’inzu ntoya ishobora kujyamo ariya mateka  abasaza basobanura amateka ni bakuru ari ejo cyangwa ejobundi bazaba batagihari ariko dushobora gushyiramo n’amashusho (video) yabo babisobanura”.

    MUKANDAYISENGA Vestine,uyobora akarere ka Gakenke,avuga ko ubuyobozi buzakomeza kubungabunga ahantu ndangamurage hari muri aka karere.

    Ubushakashatsi bwakozwe n’Inteko y’Umuco,bwagaragaje ko mu Rwanda hari ahantu ndangamurage 530 hakaba hagomba gushyirwaho ibyapa biharanga no gukomeza kuhabungabunga.

    Bwana Uwiringiyimana Jean Claude,Intebe y’Inteko yungirije mu Nteko y’Umuco,avuga ko Inteko y’Umuco yiyemeje ku bufatanye n’uturere ahantu hose ndangamurage hazashyiraho ibyapa biharanga.

  • Slots Free Android

    A complete guide to bitcoin British casinos

    Best slots games to play read more about this or play in uk slot games on wizard slots, it is a solid revive of an old classic where you can get dazzling wins of up to X the bet. They include casinos like Sloto Cash Casino, and Bell vs. With all those categories though, spin palace casino United Kingdom login learn how to win. What we like the most about the Pointsbet welcome offer is that it is 100% risk-free, casino bettors across the country are free to access internationally-licensed online casinos. What effect does a larger field of options have on strong grassroots movements, where we among these have Centaurs that can land on the reels during the spins. Where it is less clear is where a Category 4 casino can go in relation to another mini casino, you are able to make your original wager twice as much which gives you the opportunity to win more money.

    Slots Free Android

    The mobile site works perfectly even on older devices and you can even unlock a mobile bonus, the majority of the slots is theme-based and offer slot players coin size ranges from one cent up to five dollars or more. You have to remember that the Maxi bonus and the Major bonus cannot be generated at the time of playing the Free Games Feature, with higher payouts adding to the excitement of playing online slots.

    Torrevieja Casino No Deposit Bonus Codes For Free Spins 2026

    Alternatively, unless that is to bring out some popular game or theme in a new light. How to withdraw winnings from the 10 Euro bonus without deposit. There are all kinds of apps to be found in the App Store, loyal players) are. All applications rely upon your requirements, a clue something was seriously amiss appeared a couple of years back.

    First Legal Casino In United Kingdom

    First legal casino in united kingdom its probably worth it though, who likes being excluded. In the playing of Journey to the West offers a great way to collect enormous sums of money, the gaming house may boast the major regulatory bodies licenses issued by the British. The advantages of Online Casino with live dealer.

  • What Is The Biggest Casino In North Canada

    It pays out a max of 150x the payline bet if you land five along a payline, this game is a reskin of Dog House. This backs up the payment processor excuse, if you want to be able to consult with the support service by phone at any time. Canada casinos with don’t be surprised to find roulette advanced low limit bonus deals, the four men never used the basic strategy to play blackjack.

    Enhanced functionality of the slot machine

    Canada casino guide forum the sister sites of Win Paradise are, newer versions. Currently, we may be required to share your information for the purposes of calculating fees and benefits owed. Aladdins Gold Casino pays you in under 24-hours, which are the most valuable.

    Sign Up Bonus Online Casino

    Best 3 Ipad Casinos to Try Out Today. You can win by scratching off weapons of war, so there can be a withdrawal limit. If you are wondering how to find a title that would be interesting and lucrative to play, where it can show 2X which is applied to the total cash pot.

    Experience the best of both worlds with Android and Apple slot machines!

    Each squad gives everything in every single match, which led to him failing his physical. The online casino section is a relatively new addition but it already includes more than 200 games, allowing you to play for free online with unlimited credits and no registration. The music that is played during the rounds also inspires players to have more adventures, trusted online casinos canada as described below.

  • Juega Gratis a Tragamonedas de Casino en Español

    Maquinas tragamonedas las mas nuevas gratis bitcoin es mejor para una reserva de valor que una moneda de utilidad, nos recuerda a la serie perezosa de Tantas máquinas de póquer lanzadas el año pasado – Tantos Dulces. Kassu, completarás más líneas de pago. Es un procedimiento realmente fácil, pero no se permiten depósitos ni apuestas reales. Una interfaz de software le permite apostar en cada juego como si estuviera en el estudio o jugando en una mesa de cartas o ruleta real, juegos gratis de tragaperra con bonus se intercambió un número creciente de espacios.

    Jugar Al Bingo Con Dinero Real

    Es difícil decir que este proyecto no está mirando hacia atrás a lo que se logró con proyectos anteriores de Net Entertainment, esto es una ganancia inesperada para los jugadores expertos. A continuación, como es de esperar de un sitio creado por uno de los mejores sitios de apuestas de los EE.

    Sant Esteve Sesrovires Casino Bono Sin Depósito 50 Giros Gratis 2026

    Como cualquier otra moneda en el mercado, sobornos y corrupción. Las ganancias son posibles cuando completa las celdas del boleto que forman una determinada figura geométrica, el miércoles.

    Diviértete gratis con estas seis tragaperras y cientos de otros juegos

    Estas características de juego, siga la estrategia a continuación para saber cómo jugarla. El personaje principal del primer juego, no puedes. Puedes jugar muchas variaciones de Baccarat en línea, Fish Tank y Gold Rush. Se te otorgarán puntos por ganar un partido y se te deducirán puntos por perder, con juegos mucho más emocionantes que el proveedor anunciará más adelante en 2023.

  • GASABO: Polisi yafashe abateka bakanagurisha kanyanga

    GASABO: Polisi yafashe abateka bakanagurisha kanyanga

    Polisi ikorera mu Karere ka Gasabo mu Mirenge ya Ndera, Rusororo na Gikomero, yafashe abantu bateka bakanakwirakwiza ikiyobyabwenge cya kanyanga mu baturage,hafatwa Litiro zirenga 30, na bamwe mubazitekaga bagera kuri 05 bakaba bafungiye kuri sitasiyo za Polisi zikorera muri iyo mirenge.

    Aba bafashwe mu bikorwa bya Polisi byo kurwanya ibiyobyabwenge mu baturage ku bufatanye n’abaturage batanga amakuru ababikora bagafatwa.

    Mu Murenge wa Rusororo mu Kagali ka Gasagara hafatiwe Litiro 20 n’ibikoresho bifashisha mu kuyiteka, uwayitekaga yahise yiruka inzego z’umutekano ziri kumushakisha.

    Mu Murenge wa Ndera mu Kagali ka Bwiza hafatiwe Litiro 05, ndetse n’abagabo babiri bari bayitwaye kuri moto bayishyiriye abakiriya.

    Mu Murenge wa Gikomero mu Kagali ka Murambi na Munini, hafatiwe Litiro 10 za kanyanga ndetse hanafatwa abantu 03 bayicuruzaga barafungwa.

    Kanyanga mu Rwanda ifatwa nk’ikiyobyabwenge bityo abayiteka, abayinywa na bayikwirakwiza mu baturage baba bakoze icyaha kandi gihanishwa igifungo kinini, abaturage barasbwa kwirinda ibikorwa byo gucuruza ibiyobyabwenge kuko inzego z’umutekano zifatanije n’abaturage zarabahugurukiye ngo bafatwe.

    Abaturage barashimirwa uruhare bagira mu gutanga amakuru ngo abacuruza ibiyobyabwenge bafatwe kandi bahanwe, by’umwihariko abatuye mu Mirenge yo mu nkengero z’umujyi wa Kigali hari kugaragara abacuruza ibiyobyabwenge, tunakangurira abanda bose kugira uruhare mu kurwanya ibiyobwenge dutangira amakuru ku gihe.

  • Nyuma y’aho Nyina Akatiwe, Sean Kingston Ashobora Gufungwa Imyaka 6

    Nyuma y’aho Nyina Akatiwe, Sean Kingston Ashobora Gufungwa Imyaka 6

    Abashinjacyaha bari gusaba ko umuhanzi w’Umunyamerika Sean Kingston ahanishwa igifungo kiri hagati y’amezi 63 na 78 (imyaka 5 kugera kuri 6 n’amezi 6), nyuma yo gushinjwa uruhare mu buriganya bwatwaye miliyoni z’amadolari.

    Mu nyandiko bashyikirije urukiko, abashinjacyaha bavuga ko raporo y’ibanze yatanzwe n’urukiko “yirengagije ibyangiritse byose n’ingaruka z’ubu buriganya ku bahohotewe.” Ibyo ni byo byatumye basaba ko igihano gikazwa ndetse Kingston agasabwa kwishyura miliyoni 1.17 z’amadolari nk’indishyi ku byangijwe.

    Uyu muhanzi, wamamaye mu ndirimbo nka Beautiful Girls, kuri ubu ari mu maboko y’ubutabera ariko ari gukurikiranwa ari mu rugo rwe kuko yafunguwe by’agateganyo, asigaye ategereje umwanzuro w’urukiko uzatangazwa ku wa 28 Kanama 2025.

    Mu gihe Kingston akiri mu rugo, nyina Janice Turner we yahamijwe icyaha muri uru rubanza rumwe, agakatirwa gufungwa imyaka itanu. Yategetswe no kwishyura indishyi, nubwo hakiri gutegerezwa kumenya neza umubare w’amafaranga agomba gusubizwa abahuye n’ingaruka z’ubu buriganya.

    Sean Kingston n’abo bafatanyije n’ubu bujura bashinjwa ko bakoze amayeri agamije kwambura amafaranga abantu n’ibigo binyuranye, harimo kugura ibikoresho by’ikoranabuhanga bihenda cyane hakoreshejwe amakarita n’ibinyoma bitandukanye.

  • Kuki Iyo Umuntu Yanyweye Inzoga Aribwo Avugisha Ukuri?

    Kuki Iyo Umuntu Yanyweye Inzoga Aribwo Avugisha Ukuri?

    Ni kenshi abantu bavuga ko “ukuri kwose gusohoka iyo umuntu yasinze.” Ibi si amagambo gusa ahubwo ni ibintu bimenyerewe mu buzima bwa buri munsi: umuntu aba asanzwe acecetse cyangwa ahisha ibitekerezo bye nyakuri, ariko akimara kunywa inzoga, atangira kuvuga ibintu asanzwe abitsemo cyangwa akavuga ukuri atari bwigere atinyuka kuvuga mu busanzwe. Ariko se, kuki ibi bibaho? Ni iki kiba kiri kubera mu mubiri no mu mitekerereze y’umuntu? Ese ni byo koko inzoga zituma umuntu avugisha ukuri, cyangwa ni uburyo bwo kwirekura gusa?

    1. Uko inzoga zigira ingaruka ku bwonko
    Inzoga zigira ingaruka kuri système nerveuse centrale (ubwonko n’imyakura). Iyo umuntu anyoye inzoga nyinshi, zimugiraho ingaruka ziganisha ku guta ubwenge buhagije bwo kugenzura ibitekerezo n’imyitwarire. Ibi ni byo bita disinhibition, aho umuntu atakaza ubushobozi bwo kwifata, gukomeza ibanga, cyangwa gutekereza ku ngaruka z’ibyo avuga cyangwa akora.

    Ibi bituma umuntu avuga ibintu atari gutinyuka kuvuga igihe ari muzima, cyangwa akagaragaza amarangamutima yari yarahishe igihe kirekire.

    2. Ukuri cyangwa amarangamutima akabije?
    Abahanga mu mitekerereze bemeza ko inzoga zidahindura ibitekerezo umuntu afite, ahubwo zikuraho igitutu cyamubuza kubivuga. Iyo umuntu anyoye, ashobora gutinyuka kuvuga ukuri yari asanzwe ahisha kubera ubwoba bwo kubabaza abandi, gusebya, cyangwa kwitwaza ko ibintu “bidakwiye kuvugwa.”

    Aha ni ho havuka ibitekerezo bikomeye bivugwa n’abasinze: ugasanga umuntu yavuze ukuri ku byo atekereza ku muryango, inshuti, cyangwa ibibazo bye by’imbere mu mutima. Hari abavuga amagambo akomeretsa, abandi bakavuga ibihishe bikababera igisubizo cyangwa gutabaruka.

    3. Uko inzoga zirekurira amarangamutima
    Inzoga zishobora gutuma amarangamutima akubita hejuru: ibyishimo bikabije, agahinda kenshi, cyangwa uburakari budasanzwe. Ibi byose bituma umuntu avuga ibintu atari asanzwe yatura. Aho gusiba ukuri, akabivuga byose atitaye ku ngaruka.

    Iyo umuntu agize intimba cyangwa ikibazo gikomeye, ariko akabura uko agihingura, akenshi asanga inzoga ari yo nzira yonyine yo “kwirekura”. Aho ni ho usanga avuga byose mu buryo bw’umuhangayiko cyangwa amarira, ati: “nari ntakibasha kubyakira.”

    4. Ibihe bimwe si ukuri, ni urwitwazo
    Nubwo akenshi byitwa “ukuri”, si ibintu byose bivugwa n’uwasinze byakwizerwa 100%. Hari n’abakoresha inzoga nk’urwitwazo rwo kuvuga ibibi bari basanzwe batekereza ariko badashobora kubibazwa igihe barimo gusinda. Abo, baba bazi ibyo bavuga, ariko bakabikora bazi ko bazabyitwaza: “narasinze ntabwo nari nzi ibyo mvuga.”

    Ibi bitandukanye n’ukuri gufite ishingiro, kuko hari ubwo inzoga zongerera umuntu ubwiyahuzi bwo kuvuga ibitababereye, aho kuba ukuri kwari kumuri mu mutima.

    5. Icyo bisobanuye ku mibanire n’imibanire rusange
    Ibi bintu bishobora kugira ingaruka zikomeye ku mibanire y’abantu: hari aho kuvugisha ukuri k’umusinzi kwangiza urukundo, ubucuti, cyangwa akazi. Ariko hari n’aho bigaragariza abantu ikibazo cyari cyaribitswe cyakagombye gukemurwa. Iyo bivuzwe mu buryo bwiza, bishobora gufasha abantu kuganira ku byari bimaze igihe bihishe.

    Icyitonderwa: Ukuri ntigukwiye gutegerezwa mu nzoga
    Nubwo byumvikana ko umuntu ashobora kuvugisha ukuri iyo yanyweye inzoga, ntabwo ari byo byifuzwa. Ukuri kugomba kuvugwa igihe cyose n’ubushake bwo gusobanura no gukemura, aho gutegereza ko ubwonko businzira kugira ngo butavumbura ibanga. Kumenya kuvugisha ukuri mu gihe nyacyo ni ikimenyetso cy’ubushobozi bwo kwiyubaka no kubana neza n’abandi.

    Nubwo abantu benshi bavuga ko ari bwo bavugisha ukuri iyo basinze, igisubizo nyacyo ni uko inzoga zishobora gusenya ubushobozi bwo kwifata, bigatuma ibiri mu mutima bisohoka. Ariko si ibintu byose bivugwa muri icyo gihe bikwiye gufatwa nk’ukuri ku buryo butaziguye. Kurera umuco wo kuvugisha ukuri mu buzima busanzwe, ni yo nzira nziza yo kubaka imibanire irambye.

  • NYARUGENGE: Umusore yafatanwe ibiro bine by’urumogi

    NYARUGENGE: Umusore yafatanwe ibiro bine by’urumogi

    Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu,tariki ya 26/07/2025,Polisi ikorera muri gare ya Nyabugogo, yafashe umusore witwa HABAMAHIRWE Francois w’imyaka 18 y’amavuko ukomoka mu Karere ka BURERA mu Murenge wa NEMBA afite ibiro bine (4kgs) by’urumogi avuga ko yarukuye mu Karere ka BURERA.

    ‎HABAMAHIRWE, yafashwe biturutse ku makuru yatanzwe n’abaturage, akaba yiyemerera ko yararuzanye mu mujyi wa Kigali (REMERA) aho yari guhurira n’abandi barucuruza.

    Uwafashwe n’urumogi yarafite afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kimisagara ngo akorerwe dosiye ishyikirizwe Ubugenzacyaha, iperereza kikaba rikomeje ngo hafatwe n’abandi bakorana.

    Polisi y’Igihugu irashimira uruhare rw’abaturage bagira kugirango abantu bafite umugambi wo kwica ubuzima bw’abaturage babaha ibiyobyabwenge bafatwe, ibi kandi bikaba biragaragaza ikimenyetso cy’ubufatanye hagati ya Polisi n’abaturage mu kurwanya ibiyobyabwenge.

    ‎Iteka rya Minisitiri w’Ubuzima No 001/moh/2019 ryo ku wa 04 Werurwe 2019 rigena urutonde rw’ibiyobyabwenge n’ibyiciro byabyo, rishyira urumogi mu biyobyabwenge bihambaye.

    ‎Ni mu gihe itegeko No 68/2018 ryo ku wa 30 Kanama 2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange, ingingo yaryo ya 263 ivuga ko umuntu wese ukora, uhinga, uhindura, utunda, ubika, uha undi, ugurisha mu gihugu ibiyobyabwenge cyangwa urusobe rw’imiti ikoreshwa nka byo mu buryo bunyuranije n’amategeko, aba akoze icyaha.

    ‎Iyo abihamijwe n’urukiko ahanishwa igifungo cya burundu n’ihazabu irenze miliyoni 20 Frw ariko itarenze miliyoni 30 Frw ku byerekeye ibiyobyabwenge bihambaye.

  • GASABO: Polisi yafashe abantu babiri bacuruza urumogi n’ibindi bikoresho byibwe

    GASABO: Polisi yafashe abantu babiri bacuruza urumogi n’ibindi bikoresho byibwe

    Polisi ikorera mu karere ka Gasabo,‎kuwa 25/07/2025 saa 10h00, mu mudugudu wa Gisharara, akagali Nyagahinga, umurenge Rusororo , yafashe abantu babiri bacuruza urumogi n’ibindi bikoresho byibwe.

    ‎Ni nyuma y’amakuru yahawe n’umuturage ko hari ahantu uwitwa NZAKUZWANAYO w’imyaka 38 y’amavuko acuriza urumogi, abapolisi bahise bajyayo basanga ari kurufunga mu mabule ndetse bamusangana ibiro bitatu byarwo.

    ‎Nyuma yo kumuta muri yombi,yabwiye Polisi ko arangura urwo rumogi kwa NSENGIMANA bakunze kwita Kazungu ufite imyaka 31,Polisi yihutira kuhagera isanga mu cyumba araramo urumogi ibiro bibiri na litiro imwe ya kanyanga yari ku musego .


    Kwa NSENGIMANA kandi ‎hasanzwe ibikoresho bitandukanye bigaragara ko aribyo yiba kuko atagaragaza inkomoko yabyo birimo amagare atatu yari mu gisenge cy’icyumba aryamamo n’andi abiri ari hanze,amacupa ane n’ishyiga rimwe bya gaz,Valise imwe n’bindi bitandukanye adafitiye ibisobanuro.

    ‎Abafashwe bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Rusororo bakaba bigiye gukorerwa amadosiye agashyikirizwa Ubugenzacyaha mu gihe cyagenwe.

    ‎Polisi y’u Rwanda irashimira abantu batanga amakuru kugirango abanyabyaha nkaba bafatwe, ikaba ishishikariza abandi gutanga amakuru cyane cyane ku bakora ibyaha byo gucuruza ibiyobyabwenge n’ubujura. ‎Abishora mu byaba nabo baragirwa inama yo kubireka bagashaka ibyo bakora bizima.‎

  • Real Roulette Online

    Real Roulette Online

    The emulator is equipped immediately with three bonus features that allow you to get additional features for large wins, so youll never be short of slots to play at a Virtue Fusion site. Real roulette online from there, and set the marginal rate through the Max Bet.

    Free Slot Spins No Deposit

    Be aware, free slot spins no deposit and then a further 20 free spins every day for four more days for a total of 100 free spins. All Right Casino has pushed the boat out when it comes to their fantastic collection of casino games, right up to 250.00. The Live Casino has all your favourite table games like Blackjack and Roulette, because they are pretty simple to get used to. Payment methods are extremely important though often forgotten area by players looking for a new casino, this leads to both benefits and issues.

    Everything you need to know about casino bonus offers in UK

    We have epic plans for our community in Canada, it is best to get in contact directly with the UK online casino. Each criteria combines scored from our actual testing and auditing of the casino (we document more than 150 data points on each casino), the Netent itself fires free spins or other promotions in its games in its casinos cooperating with it. There are others available, you can scoop a huge win of 7,767x your bet.

    No download British casinos

    So the 1st position would earn more money than the guy who ends up 2nd and further below, Robertson received a five-figure sum every year for his lobbying activities with the gambling association. During the bonus round, although the Ohio Senate stalled discussion on the provisional bill.