Category: Ubuzima
Rwanda na IOM bagaruye Abanyarwanda 10 bacurujwe bajyanwa muri Myanmar nyuma yo gukoreshwa imirimo ivunanye no guhohoterwa
KIGALI — U Rwanda rwatangaje ko rwagaruye Abanyarwanda 10 bacurujwe bakajyanwa mu gihugu cya Myanmar, aho bari barakoreshwaga imirimo ivunanye…
Imiti itangirwa kuri Mutuelle yageze ku 1500
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangarije abadepite bagize Komisiyo y’Imiyoborere, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagabo n’Abagore mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda ko…
Tujyanye muri CHUK yaremye inzobere z’abaganga 5000
Imyaka itatu ni yo ibura ngo Ibitaro bya Kaminuza bya Kigali byuzuze imyaka 110 bimaze bitanga serivisi z’ubuvuzi ku Baturarwanda…
Hatangijwe ikigo kizafasha mu gukusanya amakuru yo mu mavuriro yose yo mu Rwanda
Minisiteri y’Ubuzima ku bufatanye n’abafatanyabikorwa batandukanye, yatangije ikigo “Health Intelligence Center” kizayifasha gukusanya amakuru y’amavuriro yose mu gihugu hifashishijwe ikoranabuhanga,…
Imiti ya malaria yatangiye gukwirakwizwa hakoreshejwe ‘drones’
Minisiteri y’Ubuzima yatangije igikorwa cyo gukwirakwiza imiti yo kuvura malaria hakoreshejwe indege zitagira abapilote zizwi nka ‘drones’, mu rwego rwo…
Ab’i Kirehe beretswe ibyabafasha kwirinda uburwayi bw’impyiko bakareka kuzitiranya n’amarozi
Abaturage bo mu Karere ka Kirehe basabwe kunywa amazi menshi, gukora siporo no kujya kwisuzumisha kwa muganga mu gihe bahuye…
Ababyeyi barenga ibihumbi 260 bapfuye babyara mu 2023 – Raporo
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, ryatangaje ko mu 2023 nibura ababyeyi barenga ibihumbi 260 bapfuye batwite abandi babyara,…