Skip to content
Thu, Jan 8, 2026
  • facebook
  • twitter
  • instagram
  • reddit
Radio Imanzi

Radio Imanzi

My Finance my future

Advertisment Image
  • Ahabanza
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Ubuzima
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amahanga
  • ISHUSHO LIVE

Category: Ubukungu

Nyuma y’uko Amerika iteye Venezuela igashimuta Perezida, igiciro cya zahabu cyazamutse
AmahangaUbukungu

Nyuma y’uko Amerika iteye Venezuela igashimuta Perezida, igiciro cya zahabu cyazamutse

Pierre Celestin NiyiroraJanuary 5, 2026January 7, 2026

Ibiciro by’amabuye y’agaciro arimo na zahabu byazamutse ku isoko mpuzamahanga nyuma y’uko ifatwa rya Perezida wa Venezuela, Nicolás Maduro, na…

BNR, yazamuye inyungu fatizo kugera kuri 6.75% mu rwego rwo kugumisha izamuka ry’ibiciro ku rugero rwifuzwa
AmakuruUbukungu

BNR, yazamuye inyungu fatizo kugera kuri 6.75% mu rwego rwo kugumisha izamuka ry’ibiciro ku rugero rwifuzwa

Pierre Celestin NiyiroraAugust 21, 2025August 21, 2025

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko yazamuye inyungu fatizo iva kuri 6.5% igera kuri 6.75%, isozanya n’igihe cyari kimaze…

Umunyarwanda akomeje kwandika amateka mu gihugu cy’u Bubiligi
AmahangaUbukungu

Umunyarwanda akomeje kwandika amateka mu gihugu cy’u Bubiligi

ISHIMWE BelieverAugust 10, 2025August 10, 2025

Mu gihugu cy’u Bubiligi ni kimwe mu bihugu bituyemo abanyarwanda benshi ugereranyije no mu bindi bihugu byo ku isi, Ibi…

Elon Musk avuga ko Chip ya Neuralink ishobora kuzagarura ubushobozi bwo kubona ku batabona, harimo n’abavutse batabona.
AmahangaAmakuruIkoranabuhangaUbukunguUbuzima

Elon Musk avuga ko Chip ya Neuralink ishobora kuzagarura ubushobozi bwo kubona ku batabona, harimo n’abavutse batabona.

ISHIMWE BelieverJune 27, 2025

Umushoramari n’uvumbuzi w’ibikorwa by’ikoranabuhanga, Elon Musk, yatangaje ko ikigo cye cya Neuralink kiri gutera intambwe idasanzwe mu gukora chip ishyirwa…

Uko Le Picmar yubakiwe ku cyerekezo cyo kwiyubaka no kwigirira icyizere
AmakuruImibereho myizaUbukungu

Uko Le Picmar yubakiwe ku cyerekezo cyo kwiyubaka no kwigirira icyizere

ISHIMWE BelieverMay 21, 2025May 21, 2025

Mu gihe isi yihuta mu ikoranabuhanga, ubucuruzi bwambukiranya imipaka, n’isoko ry’ibicuruzwa bishingiye ku bwiza rirushaho gukura, hari Abanyarwanda bake bagaragaza…

“YONGERE NI AYAWE“agashya kafashije abanya-Musanze kwesa umuhigo wa EjoHeza
Imibereho myizaUbukungu

“YONGERE NI AYAWE“agashya kafashije abanya-Musanze kwesa umuhigo wa EjoHeza

Pierre Celestin NiyiroraMay 19, 2025May 20, 2025

  “YONGERE NI AYAWE’’,aka ni kamwe mu dushya dukoreshwa mu bukangurambaga, katekerejwe nyuma yaho bigaragaye ko abatuye i Musanze bazigamaga…

Umujyi wa Luhwindja wafashwe na M23: Umutekano muke mu gace gakorerwamo ubucukuzi bwa zahabu muri Kivu y’Amajyepfo
AmakuruPolitikiUbukungu

Umujyi wa Luhwindja wafashwe na M23: Umutekano muke mu gace gakorerwamo ubucukuzi bwa zahabu muri Kivu y’Amajyepfo

ISHIMWE BelieverMay 7, 2025May 7, 2025

Mu ijoro ryo ku wa mbere rishyira ku wa kabiri, umutwe wa M23 wafashe umujyi wa Luhwindja, uherereye mu Ntara…

Umucamanza wa ONU, Lydia Mugambe, yafunzwe mu Bwongereza azira gukoresha umukozi wo mu rugo nk’umucakara adahabwa umushahara
AmahangaAmakuruPolitikiUbukunguUbuzima

Umucamanza wa ONU, Lydia Mugambe, yafunzwe mu Bwongereza azira gukoresha umukozi wo mu rugo nk’umucakara adahabwa umushahara

ISHIMWE BelieverMay 4, 2025

LONDON, UBWONGEREZA — Lydia Mugambe, umucamanza w’Umunya-Uganda, akaba ari umukozi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu rwego rwa ONU,…

Perezida Museveni yakiriye Eri Arfiya w’Ubuyapani baganira ku bufatanye n’amahirwe y’ubucuruzi hagati ya Uganda n’Ubuyapani
AmahangaAmakuruPolitikiUbukungu

Perezida Museveni yakiriye Eri Arfiya w’Ubuyapani baganira ku bufatanye n’amahirwe y’ubucuruzi hagati ya Uganda n’Ubuyapani

ISHIMWE BelieverMay 4, 2025

ENTEBBE, UGANDA — Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni, yakiriye mu biro bye biherereye i Entebbe Eri Arfiya, Umunyamabanga wa…

Abitabiriye ‘Around the World Embassy Tour 2025’ bateguwe na Ambasade y’u Rwanda muri Amerika bishimiye imbyino, indyo gakondo n’umuco nyarwanda
AmakuruUbukungu

Abitabiriye ‘Around the World Embassy Tour 2025’ bateguwe na Ambasade y’u Rwanda muri Amerika bishimiye imbyino, indyo gakondo n’umuco nyarwanda

ISHIMWE BelieverMay 4, 2025May 4, 2025

WASHINGTON D.C — Ku wa 3 Gicurasi 2025, Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yitabiriye igikorwa ngarukamwaka…

Posts navigation

Older posts

Kwamamaza

Entertainment

View All
AmakuruIbikorwa remezo

Imiyoboro u Rwanda rufatanya n’ibindi bihugu iruteza ibura ry’amashanyarazi

Pierre Celestin NiyiroraJanuary 7, 2026January 7, 2026

Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo, Jean de Dieu Uwihanganye yatangaje ko kuba umuriro w’amashanyarazi ukomeje kubura bya hato na…

Ubukerarugendo

RDB,yoroheje ibiciro byo gusura ingagi

Pierre Celestin NiyiroraJanuary 6, 2026January 6, 2026
Imikino

Manchester United yirukanye umutoza Ruben Amorim

Muhire JimmyJanuary 5, 2026
Imikino

Ikipe ya Rutsiro yatandukanye n’abatoza bungirije

Muhire JimmyJanuary 5, 2026

About Us

Radio Imanzi ni radiyo ikorera mu Mujyi wa Kigali, ahazwi nka Saint Paul, itanga ibiganiro byubaka ubumenyi no gufasha Abanyarwanda gukura mu by’ubukungu n’imari. Iyi radiyo itanga ibiganiro biharanira impinduka mu buzima bw’Abanyarwanda, ibinyujije mu biganiro byigisha abikorera, uburyo bwo kwihangira imirimo, ndetse no guteza imbere ibigo biciriritse.

Inkuru ziheruka

  • Imiyoboro u Rwanda rufatanya n’ibindi bihugu iruteza ibura ry’amashanyarazi
  • RDB,yoroheje ibiciro byo gusura ingagi
  • Manchester United yirukanye umutoza Ruben Amorim
  • Ikipe ya Rutsiro yatandukanye n’abatoza bungirije
  • Minisiteri ya Siporo yanyomoje ibihuha ku giciro cyo gukodesha Stade Amahoro
Inkuru
AmakuruUbuzima

Gasabo: Urubyiruko rurifuza ko ubukangurambaga kuri SIDA bwiyongera

Pierre Celestin NiyiroraDecember 31, 2025
AmahangaAmakuru

Burkina Faso na Mali byihimuye kuri Amerika

Pierre Celestin NiyiroraDecember 31, 2025January 1, 2026
AmahangaAmakuru

Perezida Mamadi Doumbouya yatorewe kuyobora Guinée-Conakry

Pierre Celestin NiyiroraDecember 31, 2025January 2, 2026
AmakuruUbuzima

“Ntabwo tubuza abantu kurya no kunywa ariko bagomba kwitwararirika”-RDA yatanze umuburo muri iki gihe cy’iminsi mikuru

Pierre Celestin NiyiroraJanuary 1, 2026January 1, 2026